Uburenganzira bw'umurwayi
Umunyarwanda wese aho ava akagera hatitawe ku gitsina, imyaka, idini, umuco cyangwa ubumuga, afite uburenganzira busesuye bwo kubona serivisi z’ubuzima kugirango akomeze kugira ubuzima bwiza. Nubwo izo serivisi zaba zitangwa n’ikigo cya leta, ikigo kigenga cyangwa imiryango itegamiye kuri leta (ngos), buri munyarwanda wese afite ubwo burenganzira ku buryo budasubirwaho
Patients
Umunyarwanda wese aho ava akagera hatitawe ku gitsina, imyaka, idini, umuco cyangwa ubumuga, afite uburenganzira busesuye bwo kubona serivisi z’ubuzima kugirango akomeze kugira ubuzima bwiza. Nubwo izo serivisi zaba zitangwa n’ikigo cya leta, ikigo kigenga cyangwa imiryango itegamiye kuri leta (ngos), buri munyarwanda wese afite ubwo burenganzira ku buryo budasubirwaho